Amasomo y’ Igitambo cya Misa cyo ku wa Kabiri 31 Ukwakira 2023 Icyumweru cya 30 Gisanzwe
Abatagatifu twizihiza: Quentin, Alphonse Rodriguez Ibaruwa Mutagatifu Pawulo Intumwa yandikiye Abanyaroma (Rom 8, 18-25) Bavandimwe, nsanga amagora y’igihe cy’ubu ngubu atagereranywa n’ikuzo rizatugaragarizwamo. Ndetse n’ibiremwa byose birarekereje ngo birebe igaragazwa ry’abana b’Imana : n’ubwo ibyo biremwa bitagifite agaciro, atari ku bushake bwabyo
Amasomo y’ Igitambo cya Misa cyo ku wa Mbere 30 Ukwakira 2023 Icyumweru cya 30 Gisanzwe
Amasomo y' Igitambo cya Misa cyo ku wa Mbere 30 Ukwakira 2023Icyumweru cya 30 Gisanzwe Abatagatifu twizihiza: Marie-Madeleine Postel, Athanasia de Rome Isomo rya Mbere Ibaruwa Mutagatifu Pawulo Intumwa yandikiye Abanyaroma (Rom 8, 12-17) 12Bavandimwe, turimo umwenda ariko si uw’umubiri, byatuma tugomba kubaho tugengwa
Amasomo y’ Igitambo cya Misa cyo ku wa Gatandatu 28 Ukwakira 2023 Icyumweru cya 29 Gisanzwe
Abatagatifu twizihiza: Jude( Thaddée, apôtre ), Cyrille, Simon le Cananéen Isomo rya Mbere Isomo ryo mu Ibaruwa Pawulo Intumwa yandikiye Abanyefezi(Ef 2, 19-22) Bavandimwe, ubu rero muri Kristu Yezu, ntimukiri abanyamahanga n’abasuhuke; ahubwo muri ubwoko bumwe n’abatagatifujwe, mubarirwa mu muryango w’Imana. Muri inzu yubatswe
Amasomo y’ Igitambo cya Misa cyo ku wa Gatanu 27 Ukwakira 2023 Icyumweru cya 29 Gisanzwe
Abatagatifu twizihiza: Namace, Gaudiose, Evariste Isomo rya Mbere Ibaruwa Mutagatifu Pawulo Intumwa yandikiye Abanyaroma (Rom 7, 18-25a) Bavandimwe, 18nzi neza ko icyiza kitandimo kubera intege nke z’umubiri wanjye. Nshobora kwifuza icyiza, ariko kugikora bikananira. 19Kuko icyiza nifuza ntagikora, naho ikibi ndashaka akaba ari cyo
Kuwa 4 Amasomo y’ Igitambo cya Misa cyo ku wa Kane 26 Ukwakira 2023 Icyumweru cya 29 Gisanzwe
Isomo rya Mbere Isomo ryo mu ibaruwa Mutagatifu Pawulo Intumwa yandikiye Abanyaroma (Rom 6, 19-23) Bavandimwe, ndavuga ku buryo bw’abantu mbitewe n’intege nke zanyu. Ubwo mwari mwareguriye imibiri yanyu gukora ibiterasoni n’ubwigomeke, noneho rero nimuyegurire ubutungane butanga ubutagatifu. Koko rero igihe mwari