Amasomo y’ Igitambo cya Misa cyo ku wa Mbere 11 Nzeri 2023 Icyumweru cya 23 Gisanzwe
Abatagatifu twizihiza: Théodora, Élie, Emilien, Marcel Isomo rya Mbere Isomo ryo mu ibaruwa Mutagatifu Pawulo Intumwa yandikiye Abanyakolosi(Kol 1,24-29; 2, 1-3) Bavandimwe, ubu rero nshimishijwe n’uko mbabara ari mwe ngirira, maze ibyari bibuze ku mibabaro ya Kristu,
Amasomo y’ Igitambo cya Misa cyo ku wa Gatandatu 09 Nzeri 2023 Icyumweru cya 22 Gisanzwe
Abatagatifu twizihiza: Pierre Claver, Séverien Isomo rya Mbere Isomo ryo mu ibaruwa Mutagatifu Pawulo Intumwa yandikiye Abanyakolosi(Kol 1,21-23) Bavandimwe, namwe ubwanyu, kera mwari mwaraciye ukubiri n’Imana, mwari n’abanzi bayo kubera ibitekerezo n’ibikorwa byanyu bibi, none ubu ngubu yabahaye kwigorora na Yo,
Amasomo y’ Igitambo cya Misa cyo ku wa Gatanu 08 Nzeri 2023 IVUKA RYA BIKIRA MARIYA
Abatagatifu twizihiza: Adrien, Pierre Claver Isomo rya Mbere Igitabo cy'Umuhanuzi Mika (Mik 5,1-4a) Uhoraho avuze atya : Wowe Betelehemu Efurata, uri mutoya cyane mu miryango ya Yuda, ariko iwawe nzahavana ugomba gutegeka Israheli ; inkomoko ye ni iyo hambere,
Amasomo y’ Igitambo cya Misa cyo ku wa Kane 07 Nzeri 2023 Icyumweru cya 22 Gisanzwe
Abatagatifu twizihiza: Reine, Carissime, Eustache, Vivant Isomo rya Mbere Isomo ryo mu ibaruwa Mutagatifu Pawulo Intumwa yandikiye Abanyakolosi(Kol 1, 9-14) Bavandimwe, kuva aho twumviye iby’imibereho yanyu muri Kristu, ntiduhwema kwambaza tubasabira ku Mana, kugira ngo mugire ubumenyi bushyitse bw’icyo ishaka, muhore
Amasomo y’ Igitambo cya Misa cyo ku wa Gatatu 06 Nzeri 2023 Icyumweru cya 22 Gisanzwe
Abatagatifu twizihiza:Onésiphore, Augustin, Sanctien na Beata Isomo rya Mbere Isomo ryo mu Ibaruwa Pawulo Intumwa yandikiye Abanyakolosi(Kol 1, 1-8) 1Jyewe Pawulo, intumwa ya Yezu Kristu uko Imana yabishatse, n’umuvandimwe wacu Timote, 2ku batagatifujwe b’i Kolosi, kuri mwebwe bavandimwe b’indahemuka muri Kristu : tubifurije
Amasomo y’ Igitambo cya Misa cyo ku wa Kabiri 05 Nzeri 2023 Icyumweru cya 22 Gisanzwe
Abatagatifu twizihiza:Raïssa, Bertin, Teresa de Calcutta Isomo rya Mbere Intangiro y’ibaruwa ya mbere Mutagatifu Pawulo Intumwa yandikiye Abanyatesaloniki (1 Tes 5,1-6.9-11) Bavandimwe, naho ku byerekeye igihe n’amagingo ibyo bizabera, bavandimwe, ntimukeneye ko tubibandikira. Ubwanyu muzi neza ko Umunsi wa Nyagasani uza nk’umujura
Amasomo y’ Igitambo cya Misa cyo ku wa Mbere 28 Kanama 2023, Icyumweru cya 21 Gisanzwe
Amasomo y' Igitambo cya Misa cyo ku wa Mbere 28 Kanama 2023 Icyumweru cya 21 Gisanzwe Abatagatifu twizihiza: Augustin, Alexandre, Ezéchias Isomo rya Mbere Intangiro y’ibaruwa ya mbere Mutagatifu Pawulo Intumwa yandikiye Abanyatesaloniki (1Tes 1, 1-5.8b-10) 1Jyewe Pawulo, na Silivani na Timote, kuri Kiliziya y’Abanyatesaloniki,
KURI UYU MUNSI W’IJYANWA MW’IJURU RYA BIKIRA MARIYA DUHINDUKE TUMUSHIMISHE KANDI TWITWARE UKO ABISHAKA.
Mu butumwa bwagarutsweho Nyiricyubahiro Musenyeri Celestin HAKIZIMANA umushumba wa Diyoseze ya Gikongoro kuri uyu wa 15 Kanama 2023 ku munsi w’ijyanwa mw’ijujuru rya Bikira Mariya yibukije abakristu ko bagomba kunambira Imana yonyine mucunguzi w’isi kandi bagaharanira ko Bikira Mariya aryoherwa
“MUKUNDANE URUKUNDO RWA KIVANDIMWE MUSHYIRE IMBERE ICYAHESHA BURI WESE ICYUBAHIRO” Antoine Cardinal KAMBANDA.
Antoine Cardinal KAMBANDA , Arkiyepiskopi wa Kigali, akaba na Perezida w'inama nkuru y'abepiskopi mu Rwanda , yayoboye igitambo cya missa cyarimo abana bo muri arkidiyoseze ya Kigali bakoze urugendo nyobokamana ku ngoro ya Bikira Mariya i Kibeho. Mu butumwa bwe
Amasomo y’ Igitambo cya Missa cyo Ku Cyumweru 30 Nyakanga 2023 , Icyumweru cya 17 Gisanzwe . Padiri Jean Pierre GATETE.SAC
Amasomo y' Igitambo cya Misa cyo kuwa 30 Nyakanga 2023, Icyumweru cya 17 Gisanzwe Abatagatifu twizihiza: Juliette, Pierre Chrysologue, Abel Isomo rya Mbere Igitabo cya mbere cy'Abami(1 Abami 3, 5.7-12) 5Umwami Salomoni ari i Gibewoni, Uhoraho amubonekera nijoro mu nzozi, nuko Imana iramubwira iti «