KIBEHO: INGINGO Z’INGENZI Z’UBUTUMWA BWA KIBEHO
INGINGO Z’INGENZI Z’UBUTUMWA BWA KIBEHO Abantu nibisubireho bidatinze, bagarukire Imana: Nimwicuze, nimwicuze, nimwicuze! Nimuhinduke inzira zikigendwa. Nimusenge ubutarambirwa kandi musabire isi kugira ngo ihinduke: Isi imeze nabi cyane, Isi yarigometse, nta rukundo n’amahoro yifitemo. Niba mutisubiyeho ngo muhindure imitima yanyu,
IBONEKERWA RYA MBERE RYA MARIE CLAIRE MUKANGANGO
Kuri iki cyumweru cya 8 gisanzwe umwaka C, byumwihariko I Kibeho tariki ya 2 Werurwe buri mwaka twizihiza umunsi mukuru w’ibonekerwa rya mbere Bikira Mariya abonekeye Marie Claire MUKANGANGO, ni igitambo cya misa cyabereye muri chapel y'ububabare birindwi bwa Bikira
KIBEHO: IGITAMBO CYA MISA NTAGATIFU KU NGORO YA BIKIRA MARIYA I KIBEHO
Uyu munsi ni icyumweru cya 7 gisanzwe umwaka c ku Ngoro ya Bikira Mariya w'i kibeho twifatanyije n'abakristu baturutse mu gihugu cya Pologne, indabo za Mariya mu rugendo nyobokamana ngaruka kwezi bakorera i Kibeho ndetse n'abandi bakristu baturutse muri diyosezi
KIBEHO:KAMINUZA GATOLIKA MU RUGENDO NYOBOKAMANA
Kuri uyu wa16 Gashyantare 2025 mu gitambo cya misa twifatanyije n'abanyeshuli ba kaminuza Gatolika y'u Rwanda n'abarezi bayo baje mu rugendo nyobokamana i Kibeho, baherekejwe n'umuyobozi wa kaminuza Padiri Dr. NTAGANDA Laurent ari nawe wayoboye misa.ni urugendo ngaruka mwaka kuko
KIBEHO HIZIHIRIJWE UMUNSI MPUZAMAHANGA W’ABIYEGURIYE IMANA
Kuri iki cyumweru tariki ya 2 Gashyantare 2025 ku Ngoro ya Bikira Mariya i Kibeho hateraniye Abiyeguriyimana baturutse mu miryango itandukanye mu Rwanda ndetse no mu mahanga baje kwizihiza Yubile y’impurirane y’imyaka 2025 y’ugucungurwa kwa benemuntu n’imyaka 125 ivanjili igeze
INYIGISHO Y’UMUNSI UBANZIRIZA UMUNSI MUKURU WA BIKIRA MARIYA NYINA WA JAMBO
Mu nyigisho ye Nyiricyubahiro Mgr Celestin Hakizimana, Umushumba wa Diyosezi ya Gikongoro mu nyigisho ye yibanze ku mpamvu nyamukuru tuzirikana umunsi wa Bikira Mariya Nyina wa Jambo aho yagize ati: Bavandimwe Umubyeyi Bikira Maria yabonekeye abana batatu hano i Kibeho
AKARERE KA NYARUGURU MU IMURIKAGURISHA RYA BA MUKERARUGENDO MURI COLMAR, MU BUFARANSA
Kuva ku wa gatandatu tariki ya 9 Ugushyingo 2024, Komite Nyobozi ishinzwe iterambere ry’ubukerarugendo mu Karere ka Nyaruguru (COPIL) yitabiriye imurikagurisha ry’ubukerarugendo ribera i Colmar mu mujyi wa Strasbourg, mu gihugu cy'u Bufaransa. Ni ubutumire bw'ubukerarugendo butagira umupaka. Iri
IGITAMBO CYA MISA NTAGATIFU ICYUMWERU CYA 32 GISANZWE
Uyu munsi tariki ya 10 Ugushyingo 2024, i Kibeho ku Ngoro ya Bikira Mariya Musenyeri Eugene DUSHIMURUKUNDO, umuyobozi w'ingoro niwe wayoboye igitambo cya misa ntagatifu cyitabiriwe n'abakristu baturutse muri Diyosezi zitandukanye zo mu Rwanda ndetse nabaturutse mu gihugu cya Pologne
KIBEHO: IGITAMBO CYA MISA NTAGATIFU UMUNSI MUKURU W’ABATAGATIFU BOSE
[
KIBEHO: Uyu munsi tariki ya 3 Ugushyingo 2024 mu gitambo cya Misa ntagatifu y'umunsi mukuru w'abatagatifu bose cyayobowe na Mgr Eugene DUSHIMURUKUNDO, igisonga cy'umwepiskopi wa Diyosezi ya Gikongoro afatanyije na Mgr Laurence SEMUSUKU, igisonga cy'umwepiskopi wa Arkidiosezi ya Kampala muri Uganda waje aherekeje abakristu baje mu rugendo nyobokamana ku Ngoro ya Bikira Mariya w'i kibeho ndetse n'abandi basaseridoti bafatanyije.
Mu gitambo cya Misa ntagatifu hamwe n'abasaseridoti batandukanye[/caption]
AMAFOTO


IGITAMBO CYA MISA NTAGATIFU ICYUMWERU CYA 30 GISANZWE


