KURI UYU MUNSI W’IJYANWA MW’IJURU RYA BIKIRA MARIYA DUHINDUKE TUMUSHIMISHE KANDI TWITWARE UKO ABISHAKA.
Mu butumwa bwagarutsweho Nyiricyubahiro Musenyeri Celestin HAKIZIMANA umushumba wa Diyoseze ya Gikongoro kuri uyu wa 15 Kanama 2023 ku munsi w’ijyanwa mw’ijujuru rya Bikira Mariya yibukije abakristu ko bagomba kunambira Imana yonyine mucunguzi w’isi kandi bagaharanira ko Bikira Mariya aryoherwa
“MUKUNDANE URUKUNDO RWA KIVANDIMWE MUSHYIRE IMBERE ICYAHESHA BURI WESE ICYUBAHIRO” Antoine Cardinal KAMBANDA.
Antoine Cardinal KAMBANDA , Arkiyepiskopi wa Kigali, akaba na Perezida w'inama nkuru y'abepiskopi mu Rwanda , yayoboye igitambo cya missa cyarimo abana bo muri arkidiyoseze ya Kigali bakoze urugendo nyobokamana ku ngoro ya Bikira Mariya i Kibeho. Mu butumwa bwe
Amasomo y’ Igitambo cya Missa cyo Ku Cyumweru 30 Nyakanga 2023 , Icyumweru cya 17 Gisanzwe . Padiri Jean Pierre GATETE.SAC
Amasomo y' Igitambo cya Misa cyo kuwa 30 Nyakanga 2023, Icyumweru cya 17 Gisanzwe Abatagatifu twizihiza: Juliette, Pierre Chrysologue, Abel Isomo rya Mbere Igitabo cya mbere cy'Abami(1 Abami 3, 5.7-12) 5Umwami Salomoni ari i Gibewoni, Uhoraho amubonekera nijoro mu nzozi, nuko Imana iramubwira iti «
TWIRINDE KUBIBA I RUHANDE RW’INZIRA, MU RUBUYE NO MU MAHWA
Ni ubutumwa bwagarutsweho kuri uyu wa 26 Nyakanga 2023 na Musenyeri Celestin HAKIZIMANA, umwepisikopi wa Diyoseze ya Gikongoro mu gitambo cya Misa ku ngoro ya Bikira Mariya i Kibeho kitabiriwe n'abapadiri bakuru baturutse muri Paruwasi zose zo mu Rwanda
TWIGE KUBABARIRA BITUVUYE KU MUTIMA NKA YOZEFU
Ubu ni ubutumwa bwagarutsweho na Padiri Gatete Jean Pierre uyu munsi tariki ya 15 Nyakanga 2023 mu gitambo cy’ukaristiya hamwe n’abanyeshuli baturutse muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye baje mu rugendo nyobokamana ku Ngoro y’Umubyeyi Bikira Mariya i Kibeho. Nkuko
TUREKE IMANA ITURE MU BYACU NATWE DUTURE MU BYAYO
Uyu munsi tariki ya 14 Nyakanga 2023 twakiriye abanyeshuli baturutse mw’ishuli ribanza rya Ecole Sainte Marie Kiruhura baje mu rugendo nyobokamana ku Ngoro y’umubyeyi Bikira Mariya i Kibeho batura n’igitambo cya Misa bibutswa ko bagomba kugira Imana nyambere. Mu butumwa yatangiye
KIBEHO: PADIRI FRANÇOIS HARELIMANA YONGEYE KWIBUTSA ABANYESHULI BUMWE MU BUTUMWA BW’AMABONEKERWA BIKIRA MARIYA YATANGIYE I KIBEHO.
Uyu munsi tariki ya 10 Nyakanga 2023 ku Ngoro y’umubyeyi Bikira Mariya I Kibeho hakiriwe abanyeshuli baturutse mw’ishuli ryisumbuye rya Groupe Scolaire Sainte Bernadette-Save ndetse na Groupe Scolaire Mere du Verbe Kibeho aho mu gitambo cya Misa basobanuriwe na Padiri
Amasomo y’ Igitambo cya Missa cyo Ku Cyumweru 09 Nyakanga 2023 , Icyumweru cya 14 Gisanzwe . Padiri Jean Pierre GATETE.SAC
Amasomo y' Igitambo cya Misa cyo Ku Cyumweru 09 Nyakanga 2023 , Icyumweru cya 14 Gisanzwe Isomo rya Mbere Isomo ryo mu gitabo cy’Umuhanuzi Zakariya (Zak 9, 9-10) 9Ishimwe unezerwe, mwari w’i Siyoni ! Urangurure urwamo rw’ibyishimo, mwari w’i Yeruzalemu! Dore umwami wawe
TWIGIRE KU MUBYEYI KU MUBYEYI BIKIRA MARIYA GUSENGA KUKO NI UMUBYEYI USENGA.
Twigire ku mubyeyi Mubyeyi bikira Mariya gusenga kuko ni umubyeyi usenga ni ubutumwa bwagarutsweho na Padiri Gatete Jean Pierre hamwe n’abandi bapadiri baje baherekeje abanyeshuli mu ngero zitandukanye mu gitambo cya Misa kuri uyu wa 8 Nyakanga 2023 ubwo yabasobanuriraga